Lady Gaga na Jennifer Lopez bazaririmba mu birori byo kurahira kwa Perezida
- by
- 15/01/2021 - 10:29
Lady Gaga na Jennifer Lopez biteganyijwe ko bazaririmba mu mihango yo kurahiza umukuru w’igihugu mushya muri Amerika, Joe Biden.
Mbere y’uko ikipe y’igihugu Amavubi ihaguruka mu Rwanda yerekeza muri Cameroun mu mikino Nyafurika ihuza ibihugu ya CHAN yifotoje amafoto mu myambaro yakozwe na Moshions biteza
Miss Rwanda 2016 Mutesi Jolly yabajije impamvu ibirori byo gusezera abasore benda kurushinga bitajya biba nk’uko bikorerwa abakobwa asembura bamwe mu bamukurikirana
Umukinnyi w’icyamamare muri Sinema yo muri Nigeria ‘Mike Ezuruonye’ abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze yashyizeho amashusho y’umwana w’Umunyarwanda uzwi ku mazina ya Karyuri
Umuhanzi akaba n’umuyobozi wa Label ya Boss Papa, Alain Mukurarinda yategeye abakunzi be ibihumbo 350 ku muntu uzabyina neza indirimbo ye “United
Padiri Ubald Rugirangoga wari umaze iminsi itari mike arwariye muri Leta z’unze z’Amerika yitabye Imana, nyuma yo kwandura icyorezo cya Korona Virus
Mbabazi Isaac wamenyakanye nka Producer Lick Lick uba muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze yatangaje ko ubu yamaze kwegurira umutima we
Shaddy Boo yifurije isabukuru nziza y’amavuko umuhanzi Shaffy uba muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika amubwira ko kuba amufite aricyo kintu cy’agaciro cyane kuri we nta kindi yamuha
Dr Dre, umuhanzi wa Rap akaba n’umuntu utunganya muzika, ari mu bitaro kubera indwara ifata udutsi two mu bwonko yitwa aneurysm.
Rwanda Inspirational Back up itegura irushanwa ry’ubwiza rya Miss Rwanda yatangaje ribaye risubitswe bitewe n’uko hasohotse amabwiriza mashya yo kwirinda icyorezo cya Covid-19
Mbabazi Isaac wamenyakanye nka Producer Lick Lick uba muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze yatangaje ko ubu yamaze kwegurira umutima we
Umukino ubanza w’ijonjora rya kabiri rya CAF Confederation Cup wari guhuza AS Kigali na KCCA FC yo muri Uganda ntabwo ukibaye kubera ko hari abakinnyi ba KCCA FC bapimwe
Ikipe y’igihugu ya Uganda ni yo yegukanye igikombe cya CECAFA cy’abakinnyi batarengeje imyaka 17 cyaberaga mu Rwanda itsinze Tanzania ibitego
Nyuma yo gusubika Shampiyona y’u Rwanda abakinnyi ndetse n’abandi bayobozi ba APR FC bavuye aho batuye mu mwiherero basubira mu ngo zabo.
Rutahizamu wa Arsenal Pierre-Emerick Aubameyang, yaciwe amande y’amadolari y’Amerika 10,000 (arenga miliyoni 9Frw) kubera ubutumwa yatangaje ku mbuga nkoranyambaga ubwo we na
Muri iyi nkuru turagusobanurira inkomoko y’imyenda igezweho cyane mu rubyiruko izwi nka Déchiré yatangiye kugaragara ahagana mu 1970 izanywe n’abantu
Hagiye gusohoka filime y’uruhererekane yitwa “About Love” ivuga ku ngaruka mbi zabashakana bakiri bato ariko nanone yibanda ku buzima
Zindzi Mandela-Hlongwane umukobwa w’uwahoze ari perezida wa Afurika y’epfo Nelson Mandela yapfuye ku myaka 59 nk’uko byemejwe na Nelson Mandela
Umwanditsi akaba n’umushakashatsi ku mateka y’u Rwanda, Innocent Nizeyimana yamuritse igice cya kabiri cy’igitabo yise "Ubumwe bw’Abanyarwanda mu
Padiri Ubald Rugirangoga wari umaze iminsi itari mike arwariye muri Leta z’unze z’Amerika yitabye Imana, nyuma yo kwandura icyorezo cya Korona Virus