Kuba Mbappe yaragizwe Kapiteni w’u Bufaransa bishobora gutuma hari umukinnyi...
- 24/03/2023 saa 06:46
Ana Maria Marcovich ni umukobwa w’ikizungerezi ukurura abasore benshi ku Isi ndetse abenshi batangazwa n’uburyo afite ubwiza butangaje ariko akaba atamurika imideli.
Ana Maria Marcovich akomoka mu gihugu cya Croatia ndetse ahamya ko akunda cyane mwene wabo Luka Modrich ariko cyane cyane ngo yihebeye Cristiano Ronaldo.
Ana Maria Marchovich afatwa nk’umukobwa wa mbere mwiza ukina umupira w’amaguru kurusha abandi ku isi ndetse akomoka mu gihugu cya Croatia.