Abagizi ba nabi barashe ku nzu y’ubucuruzi y’umuryango wa Lionel Messi ndetse...
- 3/03/2023 saa 14:13
Barcelona n’ubwo mu marushanwa y’i Burayi ijegajega byarangiye yivuganye Real...
- 3/03/2023 saa 10:15
Muri ruhago usanga abakinnyi benshi bafite abakobwa bakundana nabo Kandi bafite ikimero kidasanzwe icyakora umukunzi wa Jack Grealish ukinira ikipe ya Manchester City akomeje kuvugisha benshi kubera uburanga bwe.
Umukunzi wa Jack Grealish yitwa Sasha Attwood ndetse uyu mukobwa akomeje kuvugisha benshi kubera ubwiza bwe ndetse hari n’abadatinya guhamya ko yaba Nyampinga w’Isi.
Mu mafoto anyuranye ihere ijisho uburanga bw’umukunzi wa Jack Grealish
: