AMAFOTO: Umugabo wa Rihanna Asap Rocky akomeje gutangaza benshi nyuma yo kwambara ijipo

Umuraperi ukomeye cyane Asap Rocky nyuma yo gushyingiranwa n’umuhanzikazi w’icyogere ku isi ariwe Rihanna kuri ubu akomeje kuba igitaramo nyuma yo kugaragara yambaye ijipo.
Uyu mugabo yaje kugaragara yambaye imyambaro y’igitsina gore bituma aba igitaramo ku mbuga nkoranyambaga ndetse abenshi bakomeza kwibaza icyabimuteye.
Ikinyamakuru Page Six cyatangaje ko Asap Rocky yagaragaye atembera mu Mujyi wa New York muri Leta zunze ubumwe z’America yambaye ijipo ikoze mu ruhu.