Abakinnyi ba Arsenal bose bacyeje Kapiteni wabo Martin Odegard ukomeje kubafasha gupfukamisha andi makipe

Abakinnyi b’ikipe ya Arsenal barimo Bukayo Saka bose barimo gucyeza kapiteni wabo ukomoka mu gihugu cya Norway ariwe Martin Odegard nyuma yo gukomeza gufasha ikipe ye kwitwara neza.

Ikipe ya Arsenal kuri ubu iyoboye shampiyona y’u Bwongereza Premier League ndetse kugeza ubu umwe mu bakinnyi bayo bari kuyifasha cyane ni kapiteni wayo Martin Odegard kuri ubu umaze kuyitsindira ibitego 7 ndetse agatanga n’imipira 6 yavuyemo ibitego.

Arsenal kuri ubu ihagaze neza ndetse ifite amanota agera kuri 43 aho irusha ikipe ya Manchester City amanota agera kuri 7 yose.


Genesisbizz

Related Articles

Igitekerezo cyawe kirashyirwaho aruko gisusumwe

TANGA IGITEKEREZO