Abari bategereje umukino wa Rayon Sports na AS Kigali basubize amerwe mu isaho

Umukino wagombaga guhuza Rayon Sports na AS Kigali, muri shampiyona wamaze gusubikwa kubera imikino Nyafurika ikipe ya AS Kigali igomba gukina.

uyu mukino wari uteganyijwe kuwa 11 Ukwakira 2022 wamaze gusubikwa ku mpamvu zuko ikipe ya As Kigali izaba yuriye rutemikirere yerekeza mu gihugu cya Libya gukina Al Nasr SC mu mukino wo kwishyura wa CAF Confederations Cup mu ijonjora rya kabiri.

AS Kigali niyo kipe yonyine isigaye ihagarariyemo u Rwanda mu marushanwa ya CAF,ndetse ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryemeje ko rizatanagaza igihe uyu mukino uzakinirwa mu minsi iri imbere.

Genesisbizz

Related Articles

Igitekerezo cyawe kirashyirwaho aruko gisusumwe

TANGA IGITEKEREZO