Akabi gasekwa nk’akeza Liverpool yahawe isomo rya ruhago n’ikipe ntoya abenshi bifata ku gahanga

Kugeza ubu ntabwo byoroshye muri shampiyona y’igihugu y’u Bwongereza Premier League kuko ubwo hakinwaga umukino w’umunsi wa 17 ikipe ya Liverpool yahawe isomo rya ruhago itsindwa na Brentford ibitego 3-1 benshi barumirwa.

Liverpool yatsinzwe uyu mukino nyamara yahabwaga amahirwe akomeye yo kwegukana amanota 3 kugirango ikomeze kwiruka inyuma y’imyanya 4 ya mbere dore ko bikigoranye kuri iyi kipe nyuma y’igenda rya Sadio Mane.

Nyuma yo gutakaza uyu mukino Liverpool igatsindwa ibitego 3-1 umutoza Jurgen Klopp yatangaje ko yumiwe ndetse ngo ntacyo yarenza kubyabaye.

Genesisbizz

Related Articles

Igitekerezo cyawe kirashyirwaho aruko gisusumwe

TANGA IGITEKEREZO