Dore icyo imibare ivuga kuri Gabriel Magalhaes ufatwa nk’intare mu bwugarizi...
- 31/03/2023 saa 10:18
Mikel Arteta mu kiganiro n’itangazamakuru yagaragaje ibanga Arsenal ikoresha...
- 30/03/2023 saa 13:56
Kugeza ubu ntabwo byoroshye muri shampiyona y’igihugu y’u Bwongereza Premier League kuko ubwo hakinwaga umukino w’umunsi wa 17 ikipe ya Liverpool yahawe isomo rya ruhago itsindwa na Brentford ibitego 3-1 benshi barumirwa.
Liverpool yatsinzwe uyu mukino nyamara yahabwaga amahirwe akomeye yo kwegukana amanota 3 kugirango ikomeze kwiruka inyuma y’imyanya 4 ya mbere dore ko bikigoranye kuri iyi kipe nyuma y’igenda rya Sadio Mane.
Nyuma yo gutakaza uyu mukino Liverpool igatsindwa ibitego 3-1 umutoza Jurgen Klopp yatangaje ko yumiwe ndetse ngo ntacyo yarenza kubyabaye.