BURUNDI:Umunyegori w’intamba mu rugamba yaraye akoze amateka mumurwi wiwe wa...
- 16/03/2023 saa 10:07
Munezero Aline wamamanye muri sinema nyarwanda muri filime zitandukanye yashyingiwe Sentore Lionel usanzwe uba mu gihugu cy’Ububiligi.
Munezero Aline uzwi ku izina Bijoux, azwi muri sinema Nyarwanda aho yagaragaye muri filime zitandukanye ndetse agaragara no mu ruganda rwa muzika mu mashusho y’indirimbo zitandukanye.
Kuri uyu wa gatandatu tariki 8 Mutarama 2022, Nibwo Munezero Aline na Sentore Lionel biyemeje kwambikana iy’urudashira biyemeza kubana akaramata.
Aline yambikwa impeta
Umuhango wo gusaba Munezero Aline
Ubukwe bw’aba bombi bubaye nyuma y’igihe gito Aline akorewe ibirori byo gusezera urungano ibizwi nka Bridal Shower.
Aline asezera ku rungano.