Amafoto: Aline wamamaye muri sinema nyarwanda yashyingiwe Sentore Lionel

Munezero Aline wamamanye muri sinema nyarwanda muri filime zitandukanye yashyingiwe Sentore Lionel usanzwe uba mu gihugu cy’Ububiligi.

Munezero Aline uzwi ku izina Bijoux, azwi muri sinema Nyarwanda aho yagaragaye muri filime zitandukanye ndetse agaragara no mu ruganda rwa muzika mu mashusho y’indirimbo zitandukanye.

Kuri uyu wa gatandatu tariki 8 Mutarama 2022, Nibwo Munezero Aline na Sentore Lionel biyemeje kwambikana iy’urudashira biyemeza kubana akaramata.


Aline yambikwa impeta




Umuhango wo gusaba Munezero Aline

Ubukwe bw’aba bombi bubaye nyuma y’igihe gito Aline akorewe ibirori byo gusezera urungano ibizwi nka Bridal Shower.


Aline asezera ku rungano.

Genesisbizz

Related Articles

Igitekerezo cyawe kirashyirwaho aruko gisusumwe

TANGA IGITEKEREZO