BURUNDI:Umunyegori w’intamba mu rugamba yaraye akoze amateka mumurwi wiwe wa...
- 16/03/2023 saa 10:07
Umuhanzi Niyo Bosco amakuru akomeje gucicikana arahamya ko ari mu nzira zo gutandukana na Sunday Entertainment yari imaze iminsi mike imusinyishije.
Mu minsi ishize nibwo hatangiye gukwirakwira amakuru avuga ko aba bombi batameranye neza ndetse ibi byaje gushimangirwa n’uko kugeza ubu E-mail yaba bamufite mu nshingano Link yayo itakibarizwa kuri Instagram y’uyu muhanzi ndetse amasezerano bagiranye yamaze guhagarara.
Uyu muhanzi yari yiyemeje gukorana na Sunday Entertainment nyuma yo gutandukana na MIE ya Murindahabi Elene wari usanzwe amufite mu nshingano.
Kanda hano urebe Indirimbo Ishyano y’umuhanzi Niyo Bosco.