Perezida w’u Bushinwa n’uwa Belarus bagaragaje ko bifuza igisubizo cy’amahoro...
- 2/03/2023 saa 11:29
Nyuma y’amezi hafi atatu umuherwe Elon Musk yongeye kwisubiza umwanya wa mbere nk’umuherwe utunze agatubutse kurusha abandi ku Isi nyuma yo gukura kuri uyu mwanya Bernard Arnault nawe wari wamukuye kuri uyu mwanya mu mezi atatu ashize.
Elon Musk yisubije umwanya wa mbere nyuma y’izamuka rya mu gaciro ka Tesla ndetse ibi byatumye akubita inshuro Umufaransa Bernard.
Magingo aya Elon Musk afite ubutunzi bufite agaciro ka Miliyari zirenga 187,1 z’amadolari ya Amerika nk’uko byatangajwe n’ibigo bye by’ubucuruzi bitandukanye.
Musk kuri ubu ari ku mwanya wa Mberev nk’umuherwe ukize nyamara yigeze guhomba bikomeye amafaranga ye asubira hasi bikomeye gusa nyuma yongera kwisuganya none yisubije umwanya we yari yarambuwe mu mezi ashize.