Imana itera amapfa niyo itera n’aho bahahira! Etienne Ndayiragije wasezerewe...
- 26/01/2023 saa 14:54
Amakuru yamaze kuba kimomo aremeza ko Kapiteni w’Amavubi n’ikipe ya AS Kigali yamaze gutandukana n’iyi kipe aho bivugwa ko yerekeje mu gihugu cya Libya gukomeza gucongayo ruhago nubwo benshi bamushinja ko ashake.
Uyu mugabo Haruna Niyonzima ni umwe mu bakinnyi barambye muri shampiyona y’u Rwanda ndetse yakiniye amakipe menshi hano mu Rwanda ndetse no mu Karere.
Haruna Niyonzima yakiniye amakipe ariko Etincilles, Rayon Sports, APR FC,Yanga Africans,Simba SC tutirengagije na AS Kigali yarimo gukinira.
Biteganyijwe ko Haruna Niyonzima agomba gusinyana amasezerano n’ikipe yo mu guhugu cya Libya yitwa Al Ta’awon ndetse nyiri ubwite yamaze kwemeza ko yatandukanye na AS Kigali.