Imana itera amapfa niyo itera n’aho bahahira! Etienne Ndayiragije wasezerewe...
- 26/01/2023 saa 14:54
Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Brazil bwana Tite nyuma yo gutsindwa n’ikipe y’igihugu ya Croatia ahise afata umwanzuro wo gusezera ahagarika inshingano ze.
Ikipe y’igihugu ya Brazil isezerewe n’ikipe y’igihugu ya Croatia mu mikino ya 1/4 cyirangiza bituma Brazil yahabwaga amahirwe isigara iririra mu myotsi.
Nyuma yo gusezererwa umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu ya Brazil ariwe Tite afashe umwanzuro maze ahita asezera mu ikipe y’igihugu ndetse kuri ubu ntabwo haratangazwa ugomba kumusimbura.
Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Brazil ariwe Tite nyuma yo gusezererwa na Croatia birangiye asezeye ku mirimo ye.