Agahugu katagira Umuco karacika umuhanzi Maguru agaragaje uruhare rw’umuziki...
- 12/05/2022 saa 15:56
Rakim Mayers uzwi cyane ku izina rya ASAP Rocky kuri ubu uyu muraperi amaze gusohoka mu buroko nyuma yo gutanga amafaranga agera ku bihumbi magana atanu na mirongo itanu by’amadorari ni asaga Miliyoni 560 z’amanyarwanda.
Uyu muagabo umaze kwamamara cyane mu ruhando rwa muzika yamaze gufungurwa nyuma y’amasaha make yari amaze afunzwe ashinjwa kurasa umuntu mu kwezi k’Ugushyingo umwaka ushize.
Uyu mugabo yari amaze iminsi akorwaho iperereza ku cyaha n’ubundi yacyekwagaho cyo kurasa umuntu ubwo habaye ugushyamirana hagati y’abantu babiri nyuma bivamo kurasana gusa byaje gukekwa ko ari uyu musore wabarashe.
ASAP Rocky amaze gusohoka mu buroko yitegura gutaha iwe.