YEMEN:Umwana w’imyaka 8 yakoze ubukwe n’umugabo w’imyaka 40 maze yitaba Imana...
- 2/02/2023 saa 12:51
Ni inkuru yatunguranye aho byagaragaye ko bwa mbere mu myaka 60 ishize abaturage batuye u Bushinwa bagabanutseho nibura ibihumbi bigera kuri 850 ugereranyije n’umubare w’abaturage bari batuye iki gihugu mu mwaka wa 2022.
Uyu mubare w’abaturage batuye igihugu cy’u Bushinwa ugabanutse mu gihe n’imibare igaragaza abana bavuka buri mwaka nayo yagabanutse.
Kugeza ubu byatangajwe ko nibura abagore bagera ku 1000 babyara abana bagera kuri 6,77 ndetse iyi mibare igaragaza ko bigoye cyane ku Bashinwakazi kugirango babyare muri iki gihe.
Imibare yagaragazaga ko mu mwaka wa 2022 abaturage batuye u Bushinwa bageraga kuri miliyari 1,4118 ndetse bikagaragaza ko hari igabanuka rikomeye ryabayeho ugereranyije n’umwaka wa 2021.
Kugabanya imbyaro ni gahunda yahawe intebe cyane mu Bushinwa ndetse imibare ikomeje kugenda igabanuka umunsi ku wundi.