Chris Brown yisanze agomba kwishyura akayabo k’amafaranga nyuma yo kwerekana...
- 31/01/2023 saa 12:56
Nyuma yo kuva mu Rwanda yerekeza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu gace ka Maine Clarisse karasira yagiye agira impungenge ku buryo abaturage batuye maine bazakira ibihangano bye gusa uyu muhanzikazi yabashimiye urukundo bamwereka mu bikorwa bye by’umuziki nubwo batavuga ikinyarwanda.
Uyu muhanzikazi yiyambaje twitter ye maze ashimira abatuye agace ka maione agira ati:Ndabashimiye cyane baturage ba Maine kuba mukunda umuziki wanjye,Umutima wanjye ndumva wuzuye ukwicisha bugufi hamwe n’urukundo ndetse numva naravukiye gukora ibi.
Kuri ubu Clarisse karasira atuye muri maine ho muri Leta Zunze ubumwe za Amerika nyuma yo gushyingiranwa n’umukunzi we Sylvain De Joie Ifashabayo ndetse nyuma yo kugera muri aka gace yatangarije abahatuye ko azakomeza kubereka ibikorwa bikomeye bijyanye n’umuziki.