Dore icyo imibare ivuga kuri Gabriel Magalhaes ufatwa nk’intare mu bwugarizi...
- 31/03/2023 saa 10:18
Mikel Arteta mu kiganiro n’itangazamakuru yagaragaje ibanga Arsenal ikoresha...
- 30/03/2023 saa 13:56
Kugeza ubu igihugu cya Saudi Arabia gishinjwa kudaha abagore n’abakobwa uburenganzira busesuye ndetse kuva Cristiano Ronaldo yasinyira Al Nasrr yiyemeje kujyana n’umuryango we harimo umugore we Georgina n’abana be gusa igitangaje hari amategeko umugore we agomba kubahiriza kugirango abe ku butaka bwa Saudi Arabia.
Dore amategeko umugore wa Cristiano Ronaldo agomba kubahiriza byanze bikunze mu gihe ari ku butaka bwa Saudi Arabia:
1. Umugore wa Cristiano Ronaldo Georgina Rodriguez agomba kwambara imyambaro imurekuye ku buryo nta gice cye cy’umubiri kijya hanze.
2.Agomba kwemera kwambara ikanzu y’aba Islam mu gihe yagiye ahantu hahurira imbaga nya mwinshi.
3.Ntiyemerewe kunywa cyangwa gutumiza ibisindisha tutirengagije ko atemerewe kurya inyama z’ingurube.
4.Ntabwo yemerewe kurira no kunywera mu ruhame mu gihe bari mu kwezi kwa Ramadhan ubwo ni ukuvuga hagati y’ukwezi kwa Werurwe na Mata.