FIFA irifuza ko buri gihugu cyagira Stade yitiriwe Pele

Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi (FIFA)Gianni Infantino yatangaje ko yifuza kubona nibura buri gihugu kigira Stade yitiriwe Pele mu rwego rwo gutuma atibagiranwa mu mateka ya Ruhago ku Isi.

Edison Arantes Do Nascimento wamamaye ku izina rya Pele yitabye Imana mu cyumweru gishize ndetse kugeza ubu agomba gushyingurwa muri Etage ya 9 y’irimbi kuko yasabwe ko yashyingurwa ahantu hajyanye na nimero 09 yanbarwaga na Se.

Kugeza ubu Nyina wa Pele nawe ararembye cyane kubera izabukuru ndetse ntabwo azabasha guherekeza umuhungu we mu gushyingurwa ndetse uyu mukecuru nawe ari mu bagenda kuko afite imyaka 100.

Genesisbizz

Related Articles

Igitekerezo cyawe kirashyirwaho aruko gisusumwe

TANGA IGITEKEREZO