Harry Maguire agomba kubanza mu kibuga ubwongereza buhanganye n’Ubudage! ngaya amakuru agezweho

Kuri ubu haravugwa amakuru atandukanye ku mugabane w’I Burayi ndetse amakipe akomeje kuvugwamo amakuru ajyanye n’igura n’igurishwa ry’abakinnyi.

Uwahoze ari umutozamu ikipe ya Manchester United ariwe Louis Van Gaal yatangaje ko Manchester United idashobora kuboneka mu makipe 4 ya mbere mu bwongereza niba itaguze umukinnyi Jude Bellingham aho yifuzwamo arenga Miliyoni 83 z’Amayero.

Uyu musore wa Borussia Dortmund afite imyaka 19 y’amavuko ndetse biteganyijwe ko Manchester United ishobora kumutangaho arenga Miliyoni 83 z’Ama Pound gusa bikomeje kuvugwa ko uyu mukinnyi anifuzwa kandi bikomeye na Manchester City ya Pep Guardiola.

Andi makuru avugwa kandi ku mubane w’I Burayi niuo umukinnyi Harry Maguire agmba kubanza mu kibuga ubwo kipe y’Ubwngereza igomba kuba ihanganye bikomeye n’ikipe y’igihugu y’Ubudage.

Ikinyamakuru The Athletics kandi cyamaze gutangaza ko Cristianop Ronaldo afite ibipfuko nyuma yo gukomerekera bikomeye mu mukino wahuzaga Portugal na Czech Republic

Genesisbizz

Related Articles

Igitekerezo cyawe kirashyirwaho aruko gisusumwe

TANGA IGITEKEREZO