Imana itera amapfa niyo itera n’aho bahahira! Etienne Ndayiragije wasezerewe...
- 26/01/2023 saa 14:54
Ikipe y’igihugu y’Ubuyapani yakiranywe urugwiro ubwo yasesekaraga mu murwa mukuru wa Tokyo ndetse byari ibicika aho bari bashagawe n’abafana ku buryo bukomeye.
Ikipe y’igihugu y’Ubuyapani ni imwe mu makipe yerekanye umukino mwiza urimo ishyaka rikomeye ubwo yatsindaga ikipe y’igihugu y’Ubudage ndetse abenshi batangira gukangarana.
Ubwo yageraga mu mikino ya 1/8 iyi kipe yaje gusezererwa na Croatia ya Luka Modric maze bituma isezererwa igitaraganya.
Gusa ubwo yageraga iwabo mu murwa mukuru wa Tokyo yakiranywe urugwiro aho yari ishagawe n’abafana uruhuri.