Inama 20 zagufasha kubaho wishimye kandi ukarama

Ni kenshi twumva ngo umuntu runaka yishwe no guturika udutsi tw’ubwonko byatewe no guhangayika. Umuhangayiko, Akajagari ko mu mutwe n’agahinda gakabije biri mu bihitana benshi, Izi ndwara zigezweho kuko benshi muri twe babayeho ubuzima batishimiye, Muri iyi nkuru turagaruka ku nama 20 zagufasha kubaho neza wishimye.

Kutishimira ubuzima tubayemo bishobora guterwa n’ibintu bitandukanye uhereye ku butunzi no ku tuntu dushobora guterwa n’imyitwarire yacu, Bamwe muri twe iyo batacyishimiye ubuzima, Hari n’abahitamo umwanzuro wo kubwiyambura cyangwa se bagakurizamo indwara zibahitana imburagihe.

Dore Inama 20 zagufasha kubaho neza wishimiye kandi ukarama:

1.Iteka Rangwa n’imyitwarire myiza

2. Ujye uharanira gukora ibyo ukunda kurusha ibindi

3.Irinde ibitekerezo bibi

4. Irinde kugira inzika

5.Buri munsi ujye ukora igikorwa cy’ubugiraneza

6.Irinde kugira umururumba w’ibintu

7.Gira amakenga

8.Iga Kuzigama

9.Irinde kubaho ugerageza kwemeza abandi

10.Shyiraho gahunda yo gukora imyitozo ngororamubiri no kwiga uko wakwirwanaho igihe usagariwe

11.Irinde kwigereranya n’abandi

12.Iga kwemera ko amakosa abaho

13.Irinde imyenda (Amadeni)

14.Ibuka amazina n’amasabukuru y’abantu

15.Umuryango n’akazi ntihakagire ikibangamira ikindi

16.Tembera

17.Iga kunezerwa

18.Baho ubuzima mu buryo bwawe

19.Buri mahirwe ubonye ujye ushaka akanya ko kuba hafi y’abo ukunda

20.Iga kumva abantu

Genesisbizz

Related Articles

Igitekerezo cyawe kirashyirwaho aruko gisusumwe

TANGA IGITEKEREZO