Impamvu z’ingenzi zituma puwavuro zitagomba kubura ku mafunguro yawe ya buri...
- 17/02/2023 saa 08:36
Ni kenshi twumva ngo umuntu runaka yishwe no guturika udutsi tw’ubwonko byatewe no guhangayika. Umuhangayiko, Akajagari ko mu mutwe n’agahinda gakabije biri mu bihitana benshi, Izi ndwara zigezweho kuko benshi muri twe babayeho ubuzima batishimiye, Muri iyi nkuru turagaruka ku nama 20 zagufasha kubaho neza wishimye.
Kutishimira ubuzima tubayemo bishobora guterwa n’ibintu bitandukanye uhereye ku butunzi no ku tuntu dushobora guterwa n’imyitwarire yacu, Bamwe muri twe iyo batacyishimiye ubuzima, Hari n’abahitamo umwanzuro wo kubwiyambura cyangwa se bagakurizamo indwara zibahitana imburagihe.
1.Iteka Rangwa n’imyitwarire myiza
2. Ujye uharanira gukora ibyo ukunda kurusha ibindi
3.Irinde ibitekerezo bibi
4. Irinde kugira inzika
5.Buri munsi ujye ukora igikorwa cy’ubugiraneza
6.Irinde kugira umururumba w’ibintu
7.Gira amakenga
8.Iga Kuzigama
9.Irinde kubaho ugerageza kwemeza abandi
10.Shyiraho gahunda yo gukora imyitozo ngororamubiri no kwiga uko wakwirwanaho igihe usagariwe
11.Irinde kwigereranya n’abandi
12.Iga kwemera ko amakosa abaho
13.Irinde imyenda (Amadeni)
14.Ibuka amazina n’amasabukuru y’abantu
15.Umuryango n’akazi ntihakagire ikibangamira ikindi
16.Tembera
17.Iga kunezerwa
18.Baho ubuzima mu buryo bwawe
19.Buri mahirwe ubonye ujye ushaka akanya ko kuba hafi y’abo ukunda
20.Iga kumva abantu