Abagizi ba nabi barashe ku nzu y’ubucuruzi y’umuryango wa Lionel Messi ndetse...
- 3/03/2023 saa 14:13
Barcelona n’ubwo mu marushanwa y’i Burayi ijegajega byarangiye yivuganye Real...
- 3/03/2023 saa 10:15
Mu gihugu cy’Ubuhinde Leta yivanze mu mupira w’amaguru bituma ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi (FIFA) rihagarika ibikorwa byose bifite aho bihuriye n’umupira w’amaguru muri iki gihugu.
Mu bihano bikomeye cyane Ubuhinde bwafatiwe harimo kwamburwa amahirwe iki gihugu cyari cyahawe yo kwakira Igikombe cy’Isi cy’umupira w’amaguru mu bangavu batarengeje imyaka 17.
Ibi byose byatangiye ubwo urukiko rwo mu Buhinde rushyizeho comite ishimzwe gufasha no gukurikirana ibikorwa bya buri munsi bya federation y’umupira w’amaguru mu Buhinde.
Ndetse perezida wa federasiyo wayo witwa Praful Patel yananiwe gutegura amatora yari ateganyijwe mu kuboza 2020.