Isi irikoreye ni uko itanyeganyega! Umuhanzi Sam Smith yahamije ko ari mu rukundo n’umugabo mugenzi we

Umuhanzi w’icyogere Kandi w’umuhanga mu njyana ya R&B ariwe Sam Smith yatunguye benshi ubwo yemezaga ko ari mu rukundo rweruye n’umugabo mugenzi we usanzwe akora ibikorwa bijyanye no kumurika imideri.

Uyu muhanzi yahamije ko ari mu rukundo n’umugabo nawe usanzwe akora ibikorwa bijyanye no kumurika imideri witwa Christian Cowan.

Ntabwo iyi nkuru yatunguye benshi kuko uyu muhanzi Sam Smith mu bihe bitandukanye yakunze kugaragarizwa amarangamutima n’abantu biganjemo ab’igitsina gore gusa aza kubatera uw’inyuma.

Mu myaka 6 ishize nibwo uyu muhanzi yatunguye benshi arerura avuga ko nubwo akundwa n’abigitsina gore gusa we ngo akunda abagabo bagenzi be Icyo gihe hari mu mwaka wa 2017.

Uyu muhanzi yakundiwe indirimbo zitandukanye gusa iyakunzwe n’abatari bake ni iyitwa Stay with Me yakunze gukora ku mitima ya benshi.

Kanda hano urebe indirimbo Stay with me.

Genesisbizz

Related Articles

Igitekerezo cyawe kirashyirwaho aruko gisusumwe

TANGA IGITEKEREZO