Kenya: Insengero n’imisigiti yasabwe gushyiraho gahunda yo kugabanya urusaku bitihise igafunga imiryango

Insengero n’imisigiti yo mu mujyi wa Nairobi yasabwe gushyiraho gahunda zo kugabanya urusaku mu maguru mashya cyangwa se igafungwa burundu.

Ni iminsi mike ishize habanje gushyirwaho gahunda yo kugabanya urusaku mu tubyiniro no guca utwabaga mu bice bituyemo abantu aho ubu icyiciro gitahiwe ari insengero n’imisigiti.

Guverineri wa Nairobi Johnson Sakaja yatangaje ko icyo bagambiriye cyane atari uguca insengero no kubuza abantu gusenga ahubwo ko icya mbere ari ibiganiro.

Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwa Twitter yagize ati:" Yewe uhereye no ku tubyiniro ntitwatangiye tudufunga, Ahubwo twagiye tugirana nabo ibiganiro, Bamwe babishyize mu bikorwa abandi baranyirengagiza, Icyo gihe twahise dufata imyanzuro yo kuhafunga.

Insengero n’imisigiti byo muri Nairobi byasabwe kugabanya urusaku

Genesisbizz

Related Articles

Igitekerezo cyawe kirashyirwaho aruko gisusumwe

TANGA IGITEKEREZO