Imana itera amapfa niyo itera n’aho bahahira! Etienne Ndayiragije wasezerewe...
- 26/01/2023 saa 14:54
Ku munsi w’ejo kuwa Kane ntabwo ikipe y’umujyi wa Kigali yakoze imyitozo dore ko abakinnyi binubiraga ko batari bagahembwe amafaranga y’ukwezi kwa 9.
AS Kigali nubwo bwose itakoze imyitozo ku munsi w’ejo uyu munsi biravugwa ko yagarutse mu myitozo ndetse ikomeje kwitegura umukino ugomba kuyihuza na Gasogi United kuri iki cyumweru.
Ntabwo byari bisanzwe kumva ikipe ya AS Kigali abakinnyi bataka ikibazo cyo kudahemberwa igihe gusa kuri ubu bamaze kugaruka mu myitozo uyu munsi.
Umukino ugomba guhuza AS Kigali na Gasogi United utegerejwe na benshi bijyanye nuko iyi kipe y’Umujyi wa Kigali yasezerewe mu mikino ya CAF Confederation Cup ikaba igiye kwerekana niba iri mu makipe ahatanira igikombe cya shampiyona.
AS Kigali yasibye imyitozo ku munsi w’ejo icyakora uyu munsi yayigarutsemo