BURUNDI:Umunyegori w’intamba mu rugamba yaraye akoze amateka mumurwi wiwe wa...
- 16/03/2023 saa 10:07
Nyuma yo gukora impanuka ikomeye ikamuviramo kuvunika urutirigongo kuri ubu biravugwa ko Kabera Charlotte usanzwe ari umugore wa Fireman yasezerewe mu bitaro aho yari amaze iminsi arwariye.
Aya makuru atangajwe nyuma y’uko uyu mugore wa Fireman yari amaze icyumweru abazwe ndetse ku mugoroba w’ejo nibwo uyu mugore wa Fireman yasezerewe amaze ategekwa kujya kiunywera imiti mu rugo.
Kabera Charlotte avuga ko yari arwariye mu bitaro byitiriwe umwami Faisal ndetse yari amaze icyumweru ariho avurirwa.
Kuwa 5 Werurwe 2023 nibwo umugore wa Fireman yagejejwe mu bitaro byitiriwe umwami Faisal nyuma yo kumara iminsi itari mike mu bitaro bya Gisirikare i kanombe.