KENYA:N’izibika zari amagi uwari umucuruzi w’inkoko ashaka guhatana mu matora...
- 5/06/2022 saa 09:23
Mu mashusho yakwirakwiriye cyane, umugabo yerekanwe ategekwa gufura imyenda myinshi y’indaya nyuma yo kuyisambanya akabura amafaranga ahagije yo kwishyura.
Nyuma yo kurangiza gutera akabariro,indaya yamenye ko uyu mugabo nta bwishyu afite niko kumwangira gusohoka amubwira ko agomba kwishyura byanze bikunze.
Abakora umwuga wo kwicuruza kimwe nuyu mukobwa barinjiye basanga intambara yarose niko gutegeka uyu mugabo ko yasukura inzu,akanafura imyenda kugira ngo yemererwe kugenda amahoro.
Mu mashusho yagiye hanze,yagaragaje uyu mugabo yicaye ku buriri afite isoni ari nako aba bakobwa bamubwira ko atagenda, keretse afuze imyenda yabo, agakoropa inzu,cyangwa se akishyura amafaranga yari yavuganye na mugenzi wabo mbere y’uko baryamana.