Liverpool ishobora kuzihorera naho PSG yongeye gutombora nabi! Dore uko tombora ya Champion’s League igenze

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere amakipe yamenye ayo bigomba kuzahatana muri Champion’s League mu mikino ya 1/8 aho ikipe ya Liverpool yatomboye ikipe ya Real Madrid naho PSG itombora Bayern Munich.

Tombola y’uburyo amakipe agomba guhura yagiye hanze maze benshi batungurwa ubwo ikipe ya PSG yatomboraga ikipe ya Bayern Munich.

Ku rundi ruhande kandi ikipe ya Liverpool iheruka gutsindwa n’ikipe ya Real Madrid ku mukino wa nyuma wa Champion’s League yahawe amahirwe yo kwihorera kuko aya makipe yombi agiye kongera guhatana muri iri rushanwa.

Dore uko tombora ya Champion’s igenze

Genesisbizz

Related Articles

Igitekerezo cyawe kirashyirwaho aruko gisusumwe

TANGA IGITEKEREZO