Miss Bahati Grace yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka 10 atahakoza ikirenge

Bahati Grace wabaye nyampinga w’u Rwanda yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka icumi atahagera.

Mugihe amaze ataza mu Rwanda yakoze ibikorwa byinshi bitandukanye harimo no gukora ubukwe.

Kuri uyu wa Gatatu nibwo hasakajwe amashusho ari kumwe na Nishimwe Naomie wabaye nyampinga w’u Rwanda mu 2020, bari gusangira.

Ntabwo icyazanye Bahati kiramenyekana.

Bahati Grace yasubiye mu Rwanda nyuma y’aho muri Nzeri yarushinze na Pacifique Murekezi, umuhungu wa Murekezi Raphaël.


Grace arikumwe na Naomie bari gusangira mu Rwanda


Grace aheruka gukora ubukwe

Genesisbizz

Related Articles

Igitekerezo cyawe kirashyirwaho aruko gisusumwe

TANGA IGITEKEREZO