Mu gihe bamwe bashinja abakunzi babo ko badashoboye we arinubira ko umukunzi we agira ubushake bwo gutera akabariro inshuro 100 ku munsi

Umukobwa wiwa Vikki Brown uri mu kigero cy’imyaka 30 y’amavuko yatangaje ko atagishobora guhaza irari ry’umukunzi we ndetse akomeza avuga ko ari ikibazo cyimuteye inkeke ku buryo bukomye.
Umukobwa uri mu myaka mirongo itatu ntagishobora guhaza irari ry’umukunzi we wabaswe no gutera akabariro ku buryo nibura agira ubushake bwo gutera akabariro inshuro 100 ku munsi.
Uyu mukobwa witwa Vikki Brown afite imyaka 30 y’amavuko ndetse umukunzi we witwa Lucas Martins w’imyaka 39 ntabwo amworoheye ku bijyanye no gutera akabariro.
Vikki mu magambo ye yagize ati: "Kuva twahura bwa mbere kugeza uyu munsi, aho turi hose, ahora yifuza gutera akabariro ndetse ashobora kugira ubushake inshuro zigera kuri 50 kugeza ku 100.