Perezida w’u Bushinwa n’uwa Belarus bagaragaje ko bifuza igisubizo cy’amahoro...
- 2/03/2023 saa 11:29
Mu gihugu cya Nigeria haravugwa inkuru y’umugabo uri mu cyigero cy’imyaka 30 y’amavuko bivugwa ko kubera gufuha bikomeye byatumye arasa umukunzi we ndetse akaba yamaze no kwemera iki cyaha.
Uyu mugabo yitwa Seun Ojo ndetse yemeye ko yahitanye umukunzi we witwa Enny aho yavuze ko yamuhoye ko yamwirengagije akamuca inyuma akajya kwishora mu busambanyi.
Iki cyaha bivugwa ko cyakorewe mu gace bita Owo, muri Leta ya Ondo ho mu gihugu cya Nigeria.
Nyiri ugukora icyaha cy’ubwicanyi bivugwa ko ari kumwe n’abandi bantu 44 bakekwaho kuba ari abagizi ba nabi.
Uwakoze icyaha mu magambo ye yagize ati:“Umukunzi wanjye yitwaga Enny, ni indaya namurashe nyuma yo kubona ko yita ku bandi bagabo kundusha.