Nta muhanga w’ikinyabiziga Joe Bidden igare ryamuteje impanuka

Kuri uyu wa Gatandatu mu masaha y’igitondo ni bwo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Joe Biden yituye hadi ubwo yari atwaye igare hafi yiwe.

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika ariwe Joe Bidden ubwo yari hafi gusoza urugendo yarimo n’igare hamwe na madamu we, Dr Jill Biden yakoze impanuka.

Iyi mpanuka yayikoreye hafi y’ahazwi nka Rehoboth Beach ni mu gihe aba barimo bizihiza isabukuru y’imyaka 45 bamaze bemeranyijwe kubana.

Ubwo yagendaga agaragiwe n’abashinzwe umutekano ariko mu buryo bw’ibanga, Gusa ngo yarimo agenda ku muvuduko udakabije cyane,mbere y’uko afata feri kugira ngo avugane n’imbaga yamwifurizaga umunsi mwiza yizihizaga yatunguranye amaze kwisanga hasi..

Biden wari wambaye inkweto z’ubururu bwijimye, n’agapira k’umukara, ikabutura ya navy y’umukara n’ingofero yera, yahagarutse afata igare rye. Ati: "Basore beza, tubonane."

Ref:The Gurdian

Genesisbizz

Related Articles

Igitekerezo cyawe kirashyirwaho aruko gisusumwe

TANGA IGITEKEREZO