Ntibisanzwe burya Bibiliya nicyo gitabo cyagurishijwe cyane mu mateka kugeza uyu munsi

Bibiliya ni kimwe mu bitabo byanditswe cyera cyane gusa igitangaje ni uko ari icyo cyagurishijwe cyane mu mateka kugeza ubu.

Ibitabo bitandukanye bigenda bigurwa n’abantu benshi bitewe n’uburyo bikundwa cyangwa inkuru zanditswemo.

Kugeza ubu Bibiliya niyo iyoboye urutonde rw’ibindi bitabo byose byanditswe.


Bibiliya iyoboye urutonde rw’ibitabo byagurishijwe cyane kugeza uyu munsi

Genesisbizz

Related Articles

Igitekerezo cyawe kirashyirwaho aruko gisusumwe

TANGA IGITEKEREZO