Ntiyigeze akandagira mu ishuri ahubwo yigirishirizwaga mu rugo akiri muto!Dore amahame 10 yaranze ubuzima bw’Umwamikazi Elizabeth

Umwamikazi Elizabeth II yatanze ku myaka 96 y’amavuko aho ubwami bw’Ubwongereza bwasohoye itangazo rivuga ko yazize uburwayi gusa bivugwa ko uyu Mwamikazi yatanze atigeze ababazwa n’umubiri.

Dore amahame 10 Umwamikazi Elizabeth yagenderagaho mu buzima bwe

1.Nziko nta buryo nabumwe bwo gutsinda bubaho uretse kwiyemeza gukorera hamwe mushyizeho umwete.
2.Akazi ninko gukodesha icyumba urimo mu Isi,ndetse iyo ukora cyane Isi irakwishyura
3.Gerageza ubuzima bwawe bwaba bugufi cyangwa burebure bwitangire abantu cyangwa ibintu ukunda.
4.Umuryango ntabwo usobanura buri gihe abantu muhuje amaraso ahubwo usobanura abantu muri rusange.
5.Kuba umubyeyi ntabwo bisobanurwa n’amaraso ahubwo bisobanurwa n’urukundo
6.Agahinda n’intimba ni igiciro twishyura urukundo.
7.Akaga gahungabanya ibigwari ariko abantu b’intwari babasha kunesha akaga.
8.Guharanira amahoro nibwo buryo bukomeye bwo kuyobora
9.Gukunda igihugu nyabyo ntabwo bikuraho kumva ubundi buryo abandi bantu bagikundamo.
10.Kora kuburyo uwo mwashakanye umubera akabando k’iminsi.

Genesisbizz

Related Articles

Igitekerezo cyawe kirashyirwaho aruko gisusumwe

TANGA IGITEKEREZO