Olena Zelenska arasaba ko igihugu cye gihabwa ubutabera kuko cyarenganyijwe cyane

Mu nama y’inteko ishingamategeko y’Ubwongereza, Madamu wa perezida wa Ukraine yasabye ko igihugu cye gihabwa ubutabera kubw’akarengane gakomeye bahuye nako.
Ibi Olena Zelenska yabitangarije mu nama y’inteko ishingamategeko y’Ubwongereza yigaga ku bibazo birebana n’intambara ikomeje ihuza Ukraine n’Uburusiya.
Ubwo yahabwaga ijambo yavuze ko instinzi ataricyo kintu cya mbere bifuza ahubwo ko hakenewe ubutabera bugendanye n’ibyaha by’intambara byakozwe.
Yasobanuye ko ibyo Ukraine iri kunyuramo bingana nk’icuraburindi Ubwongereza bwanyuzemo ubwo ingabo z’Abanazi bari barangajwe imbere na Adolph Hitler bateraga ibisasu muri iki gihugu bakakigira umuyonga mu ntambara ya II y’isi.
Ubwongereza mu ntambara ya II y’isi (1939-1945): ABC
Ubwongereza uyu munsi: Freepik
Ukraine mbere y’intambara yayihuje n’Uburusiya: Atlantic Council
Ifoto: The Times
Ni ubwangizi bwinshi intambara imaze gutera: BBC