Riderman yatakagijwe n’umufasha we karahava

Nadia Agasaro ni umugore w’umuraperi uri mu bakunzwe cyane hano mu Rwanda mu njyana ya RAP,ariwe Riderman ndetse umufasha w’uyu muhanzi yamutakagije karahava.

Nadia Agasaro amaranye imyaka igera kuri 7 abana n’umugabo we Riderman ndetse yaje kwifashisha urukuta rwe rwa Instagram ashimira umugabo we bikomeye mu gihe bamaranye aho amushimira ko yamuhaye umuryango mwiza cyane.

Mu mwaka wa 2015 nibwo aba bombi biyemeje kubana akaramata ndetse aba bombi bafitanye abana batatu gusa harimo ab’impanga babyaranye.

Umugore wa Riderman ariwe Nadia mu magambo ye yagize ati “Ndagushimira imyaka 7 twubakanye urugo rw’umunezero , ndagushimira irenga 7 tumaranye mu rukundo. kandi bivuye mu ndiba y’umutima ,ndagushimira kumpa umuryango mwiza cyane.




Nadia Agasaro umufasha wa Riderman yamushimiye byimazeyo

Genesisbizz

Related Articles

Igitekerezo cyawe kirashyirwaho aruko gisusumwe

TANGA IGITEKEREZO