Gukora ntawe byishe! Kylian Mbappe yamaze kugaruka mu myitozo nyuma y’iminsi...
- 21/12/2022 saa 14:47
Dore urutonde rw’abakinnyi 5 mu mupira w’amaguru bayoboye abandi mu guhembwa...
- 21/12/2022 saa 10:58
Umutoza mukuru watozaga ikipe y’igihugu y’Ububiligi Les Diables rouge yamaze Kuva ku izima asezera ku mirimo ye nyuma yo gusezererwa mu gikombe cy’Isi batarenze umutaru
Ikipe y’igihugu y’Ububiligi yasezerewe mu gikombe cy’Isi nyuma yo kinanirwa gutsinda ikipe y’igihugu ya Croatia aho uyu mukino waranzwe no guhusha ibitego kuri rutahizamu Romelu Lukaku.
Nyuma yo gusezererwa ikipe y’igihugu y’Ububiligi umutoza wayo yahise afata umwanzuro arekura inshingano ze ndetse impande zombi zari zarumvikanye ko iki gikombe cy’Isi aricyo cyanyuma agomba gutoza.
Kuri ubu ikipe y’igihugu y’Ububiligi isezerewe yari ifite abakinnyi bakomeye Kandi ngenderwaho barimo Kevin De Bruyne,Eden Hazard n’abandi batandukanye.