Kuba Mbappe yaragizwe Kapiteni w’u Bufaransa bishobora gutuma hari umukinnyi...
- 24/03/2023 saa 06:46
Ikipe ya Yanga Africans SC yakoze ikintu gikomeye cyane aho yabashije kugura umukinnyi ukomeye cyane wakinnye muri shampiyona y’Ubwongereza Premier League.
Ikipe ya Yanga Africans SC yo muri Tanzania yatangaje ko yasinyishije amasezerano y’imyaka 2, umukinnyi w’umurundi Gael Bigirimana,wakiniye Ikipe ya Newcastle United yo mu cyiciro cya mbere mu Bwongereza hagati ya 2012–2016.
Bigirimana ukina hagati mu kibuga afasha ba myugariro yari asanzwe akina mu ikipe yitwa Glentoran F.C yo mu cyiciro cya mbere muri Ireland y’amajyaruguru.
Bigirimana uzwiho ubuhanga mu gushaka umupira ndetse akinira ikipe y’igihugu y’u Burundi kuva mu 2015 .