Tayari Israel Mbonyi nyuma yo kugera i Sydney mu gihugu cya Australia aho agiye gukorera ibitaramo 5 yahise ashyira hanze indirimbo nshya

Umuhanzi Israel Mbonyi nyuma yo gukora igitaramo cy’amateka akuzuza kigali Arena yahise yerekeza i Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi none kuri iyi nshuro yerekeje mu gihugu cya Australia gukorerayo ibitaramo 5 by’imbaturamugabo.

Amakuru ahari kandi yizewe avuga ko uyu muhanzi yerekeje mu gihugu cya Australia ku cyumweru taliki 08 Mutarama 2023 ndetse uyu muhanzi yahise ashyira hanze indirimbo nshya ubwo yageraga i Sidney ndetse iyi ndirimbo yitwa You Won’t let go.

Uyu musore ufite igikundiro kidasanzwe indirimbo ye igiye hanze ndetse iza ikurikiye izo yakunze gushyira hanze mu bihe binyuranye ndetse zikomeza gukundwa n’abatari bake.

Kanda hano urebe indirimbo nshya ya Israel Mbonyi yitwa You won’t let go.

Genesisbizz

Related Articles

Igitekerezo cyawe kirashyirwaho aruko gisusumwe

TANGA IGITEKEREZO