Dore icyo imibare ivuga kuri Gabriel Magalhaes ufatwa nk’intare mu bwugarizi...
- 31/03/2023 saa 10:18
Mikel Arteta mu kiganiro n’itangazamakuru yagaragaje ibanga Arsenal ikoresha...
- 30/03/2023 saa 13:56
Isiganwa rya Tour du Rwanda rikomeje gukinirwa mu rw’imisozi igihumbi ndetse kuri ubu abasigfanwea bagiye guturuka mu karere ka Rubavu berekeza mu karere ka Gicumbi aho ari urugendo rugizwe n’ibirometero bigera ku 157 ndetse hakabamo n’imisozi igera kuri 5.
Ku munsi w’ejo kuwa kane abasiganwa bari bahaguruyse mum karere ka Rusizi berekeza mu karere ka Rubavu aho babashije kugenda ibilometero bingana na 190 ndetse agace k’eho katangiye rurangiranwa Chris Froome yanikiye bagenzi be ariko aza kugira umwaku igare rye riratoboka maze bituma bamunyuraho.
Agace ka 5 ko ku munsi w’ejo mkegukanywe n’umunya Afurika y’Epfo bwana Callum Ollumiston icyakora bwana Lecerf Junior kuri ubu niwe wambaye umwenda w’umuhondo.