USA: Aka ni akumiro umuco waracitse umukobwa yabenze umusore bakundana ahitamo kurongorwa na Se w’uwo musore bakundanaga

Muri Leta zunze ubumwe za Amerika umuukobwa w’imyaka 24 yahisemo gutandukana n’umukunzi we ahitamo gushyingiranwa n’umusaza rukukuri wari kumubera sebukwe dore ko ari Se w’uwo musore yatandukanye nawe.

Umukobwa witwa Sydney ukomoka mu mujyi wa Ohio muri reta zunze ubumwe za Amerika yahisemo gutandukana n’uwari umukunzi we maze ashyingiranwa n’uwari kumubera Sebukwe nyuma yo gutandukana n’uyu muhungu.

Bivugwa ko uyu mukobwa yiganye n’uyu musore gusa aza guhitamo kumutera umugongo maze yisangira umusaza ubyara uyu musore.

Uyu mubyeyi washyingiranwe n’umwana abyaye Kandi yari kumubera Sebukwe bivugwa ko afite imyaka 51 ndetse akaba akora akazi ko gutwara ibinyabiziga.

Genesisbizz

Related Articles

Igitekerezo cyawe kirashyirwaho aruko gisusumwe

TANGA IGITEKEREZO