Umusirikare w’u Burusiya yatawe muri yombi nyuma y’amezi icyenda mu bwihisho...
- 14/03/2023 saa 12:40
Tik Tok biravugwa ko ishobora guhagarikwa mu gihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse ngo igishoboka ni uko ikigo cyayishinze cyakwemera kugurisha imigabane.
Kuri ubu Leta Zunze za Amerika biravugwa ko yasabye ko Tik Tok yakwitandukanya n’ikigo cyayishinze kugirango idahagarikwa muri iki gihugu.
Nubwo hagiye hasohoka inkuru nyinshi zivuga kuri Tik Tok gusa kuri iyi nshuro biravugwa ko byafashe indi ntera bitewe nuko sosiyete y’u Bushinwa yakoze uru rubuga yanze kwitandukanya narwo.