Umuhanzi Limu yashyize hanze indirimbo igaruka ku butwari bw’abanyeshuri b’i...
- 24/03/2023 saa 11:24
Umuhanzi w’icyogere w’Umunya-Nigeria, Davido yatunguye benshi nyuma yo kugaragaza ko Lori Harvey uheruka gutandukana na Michael B. Jordan ari uw’ingenzi kuri we.
Yifashishije Instagram ye umuhanzi Davido yafashe ifoto y’uyu mukobwa maze ayikurikiza amagambo meza arimo ubureshyamugeni.
Kuva Lori Harvey yatandukana n’umukunzi we Michael B.Jordan ibyamamare byinshi bitandukanye bikomeje kwereka uyu mukobwa w’imyaka 25 y’amavuko urukundo rukomeye.
Mu mpera z’icyumwetru dusoje nibwo ikinyamakuru People cyatangaje ko Lori yatandukanye na Michael B. Jordan bari bamaze umwaka urenga bakundana.
Magingo aya ntabwo biramenyekana neza niba Davido yaba yamaze kubengukwa uyu mukobwa cyangwa niba atari akomeje.