Kubera iki umunsi Mariya yagiye mu ijuru hagwa imvura ’Dore amateka y’umunsi...
- 15/08/2022 saa 09:36
Umuryango wa Apôtre Dr Paul Gitwaza uzwi nk’ Umuyobozi w’Itorero Zion Temple mu Rwanda ndetse no ku Isi uri mu gahinda kenshi nyuma y’inkuru y’akababaro y’ urupfu rw’umubyeyi wabo
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri nibwo uyu mukozi w’Imana abinyujije ku rubuga rwa whatsap mu magambo make yanditse yagize ati Ruhukira mu mahoro Mama nzagukumbura cyane .
Nkuko tubikesha bamwe mubo mu muryango we yatangarije GENESISBIZ /TV ko uyu mubyeyi wa Gitwaza yari amaze igihe kitari gito arwaye indwara yo gutuma amaraso adatembera neza mu mubiri .
Yakomeje avuga ko uwo mubeyi iyo ndwara yayivurije mu bitaro byinshi hano mu Rwanda ariko bikaza kugenda byanga aho umuhunu we yafashe icyemezo cyo kumujyana kumuvuriza muri Kenya ari naho yaguye mu bitaro byaho.
Gitwaza abuze umubyeyi we wa kabiri nyuma yahoo mu mwaka wa 2012 na se umubyara Rév Pasiteri Andreya Kajabika yitabye Imana nawe azize indwara .