Imana itera amapfa niyo itera n’aho bahahira! Etienne Ndayiragije wasezerewe...
- 26/01/2023 saa 14:54
Umubyeyi wa Cristiano Ronaldo witwa Maria Dolores Dos Santos Aveiro yatanze icyifuzo gikomeye aho ngo yifuza kuzabona umuhungu we akinana n’umwuzukuru we Cristiano Ronaldo Jr w’imyaka 12.
Mama wa Cristiano yatangaje ko inzozi ze mbere yo kuva mu Isi y’abazima ari uko yazabona umuhungu we n’umwuzukuru mu ikipe imwe ariyo ya Sporting Lisbon.
Uyu mubyeyi yabwiye kimwe mu bitangazamakuru byo muri Portugal ati: “Cristiano agomba kugaruka hano. Iyo biba ku bwanjye yari kuba yaramaze kugaruka.
Uyu mubyeyi yakomeje atangaza ko yamenyesheje umuhungu we mbere yo kuva mi Isi yifuzakuzabona akinanaa n’umuhungu we mu ikipe imwe.
Nubwo yiga mu ishuri rya Man United, Cristianino ronaldo Jr byitezwe ko ejo hazaza he hazaba gukina muri Sporting Lisbon ifanwa cyane na nyirakuru.
Umubyeyi wa Cristiano Ronaldo yamugejejeho ikifuzo gikomeye mbere yogupfa atangaza ko yifuza kubona akinasna n’umwuzukuru we muri Sporting Lisbon.