Agahugu katagira Umuco karacika umuhanzi Maguru agaragaje uruhare rw’umuziki...
- 12/05/2022 saa 15:56
Hailey Baldwin Beiber ni umugore wa Justin Beiber gusa yamaze guhakana amakuru avuga ko yaba atwite nyuma yo kugaragara muri Grammy Awards yariyongereye ibiro bigatuma batangira bamwe kuvuga ko atwite.
Umunyamideli kabuhariwe Hailey Baldwin Beiber umugore w’umuhanzi w’icyamamamare mu njyana ya POP ariwe Justin Beiber uyu mugore wa Justin Beiber yamaze guhakana amakuru yavuzwe ko yaba atwite nyuma y’aho yagaragaye mu birori bya Grammy Awards 2022 yarabyibushye.
Aya makuru yakomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga gusa Hailey yarabihakanye avuga ko adatwite.
Nkuko bitangazwa n’ibinyamakuru bitandukanye birimo Hoollywood Life hamwe na Elle Magazine byavuze ko kuva umugore wa Justin Beiber yagaragara mu birori bya Grammy Awards byatumye benshi batangira kuvuga ko atwite bitewe no kwiyongera ibiro.
Hollywood ivuga ko abafana b’umuhanzi Justin Beiber bihutiye kubaza umugore we niba atwite babinyujije mu bitekerezo (Comments) bashyira kuri Instagram ye.