Umuhanzi Limu yashyize hanze indirimbo igaruka ku butwari bw’abanyeshuri b’i...
- 24/03/2023 saa 11:24
Umuhanzi Juno Kizigenza yamaze gusesekara i Burundi aho yitabiriye igitaramo cyiswe Party People azahuriramo na Davis D nawe wamaze gutumirwa.
Igitaramo Party People biteganyijwe ko kigomba kubera mu Burundi kuri uyu wa 31 Ukuboza ndetse ni igitaramo kizahuriramo abahanzi barimo Juno Kizigenza, Davis D tutanibagiwe n’abandi bahanzi bagezweho cyane mu gihugu cy’u Burundi.
Biteganyijwe ko kandi umuhanzi Davis D aragera mu gihugu cy’u Burundi uyu munsi aho araba asanze mugenzi we Juno Kizigenza mbere gato y’uko igitaramo kiba kuri uyu wa gatandatu taliki ya 31 Ukuboza.