Umuhanzi Juno Kizigenza yamaze gusesekara i Burundi aho yitabiriye igitaramo cyiswe Party People

Umuhanzi Juno Kizigenza yamaze gusesekara i Burundi aho yitabiriye igitaramo cyiswe Party People azahuriramo na Davis D nawe wamaze gutumirwa.

Igitaramo Party People biteganyijwe ko kigomba kubera mu Burundi kuri uyu wa 31 Ukuboza ndetse ni igitaramo kizahuriramo abahanzi barimo Juno Kizigenza, Davis D tutanibagiwe n’abandi bahanzi bagezweho cyane mu gihugu cy’u Burundi.

Biteganyijwe ko kandi umuhanzi Davis D aragera mu gihugu cy’u Burundi uyu munsi aho araba asanze mugenzi we Juno Kizigenza mbere gato y’uko igitaramo kiba kuri uyu wa gatandatu taliki ya 31 Ukuboza.


Genesisbizz

Related Articles

Igitekerezo cyawe kirashyirwaho aruko gisusumwe

TANGA IGITEKEREZO