Dore icyo imibare ivuga kuri Gabriel Magalhaes ufatwa nk’intare mu bwugarizi...
- 31/03/2023 saa 10:18
Mikel Arteta mu kiganiro n’itangazamakuru yagaragaje ibanga Arsenal ikoresha...
- 30/03/2023 saa 13:56
Umusaza wagaragaje ubushake mu kurwanirira iterambere mu mupira w’amaguru hano mu Rwanda ariwe Muramira Gregoire yamaze kwitaba Imana kuri uyu wa 02 Ukuboza 2022 aho azize indwara itaramenyekana.
Uyu musaza yakoze amateka atandukanye hano mu Rwanda mu mupira w’amaguru no mu Burundi.
Hanze y’U Rwanda uyu musaza yayoboye ikipe ya Vitalo FC yo mu gihugu cy’Uburundi ndetse yabashije gushyitsa iyi kipe ku mukino wa nyuma w’amakipe yabaye aya Mbere muri Afurika.
Uyu musaza kandi hano mu Rwanda yayoboye ikipe y’Isonga aho yagize uruhare rukomeye mu kuzamura abakinnyi batandukanye banyuze muri iyi kipe.