Umutoza Mikel Arteta yamaze kwegukana igihembo cy’umutoza w’ukwezi

Umutoza Mikel Arteta yongeye kwandika amateka akomeye yegukana igihembo cy’umutoza mwiza wahize abandi mu kwezi Kwa mbere nyuma yo gufasha Arsenal kuba ku isonga aho kuri ubu iyoboye shampiyona y’u Bwongereza Premier League.

Umutoza Mikel Arteta ahawe iki gihembo nyuma yo kwirenza amakipe menshi akomeye harimo no kuba yarababajije gutsinda ikipe ya Manchester United yari yabanje kumutsinda mu mukino ubanza wabereye ku kibuga Old Trafford icyakora Arsenal yaje nayo kwihimura mu mukino wo kwishyura.

Arteta iki ni igihembo cya Gatatu atwaye Kuva shampiyona y’u Bwongereza Premier League yatangira ndetse bigaragara ko we n"ikipe ye bahagaze neza cyane.


Arteta yagizwe umutoza mwiza w’ukwezi.

Genesisbizz

Related Articles

Igitekerezo cyawe kirashyirwaho aruko gisusumwe

TANGA IGITEKEREZO