Abagizi ba nabi barashe ku nzu y’ubucuruzi y’umuryango wa Lionel Messi ndetse...
- 3/03/2023 saa 14:13
Barcelona n’ubwo mu marushanwa y’i Burayi ijegajega byarangiye yivuganye Real...
- 3/03/2023 saa 10:15
Mwiseneza Djamal yari umutoza wungirije mu ikipe ya Rayon Sports ndetse yayikiniye igihe kirekire aho bakundaga kumwita Petit Jimmy gusa uyu mugabo yamaze kwerekeza muri Canada aho asanzeyo umugore we.
Djamal Mwiseneza aherutse gushinga urugo n’umufasha we uba mu gihugu cya Canada ndetse ku munsi w’ejo nibwo yaje kuba yurira indege yerekeza mu gihugu cya Canada aho agiye kubana n’umugore we.
Djamal Mwiseneza yari umwe mu batoza bungirije mu ikipe ya Rayon Sports ndetse yayikiniye igihe kitari gito nubwo bwose yanakinnye mu ikipe ya APR FC.
Mwiseneza Djamal yerekeje muri Canada aho asanzeyo umufasha we baheruka kurushinga mu minsi yatambutse.