Warren Kamanzi ukomoka ku babyeyi b’Abanyarwanda yamaze gusinyira ikipe ya Toulouse mu Bufaransa

Warren Kamanzi akomoka ku babyeyi b’Abanyarwanda gusa afite ubwenegihugu bwa Norway kuri ubu yamaze gusinya mu ikipe ya Toulouse aho yahawe amasezerano y’imyaka itatu n’igice.

Uyu musore yakiniraga ikipe y’igihugu ya Norway y’abatarengeje imyaka 21 y’amavuko ndetse kuri ubu uyu musore yasesekaye muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu gihugu cy’u Bufaransa bakunda kwita League Un.

Gusa nubwo uyu musore agite amamuko mu Rwanda ariko ntabwo byizewe neza ko ashobora gukinira ikipe y’igihugu amavubi kuko yakiriye muri Norway.

Genesisbizz

Related Articles

Igitekerezo cyawe kirashyirwaho aruko gisusumwe

TANGA IGITEKEREZO